Uwagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo ni Gen Paul Nang Majok, mu gihe Guverineri wa Banki nkuru mushya ari Johnny Ohisa Damia.
Ni impinduka zajyanye n’izindi nyinshi zakozwe mu gisirikare ndetse no mu nzego z’imari n’amabanki.
Umugaba Mukuru w’Ingabo yirukanywe nyuma y’ukwezi uwari ushinzwe iperereza n’uwari ukuriye Polisi nabo birukanywe.
Hashize iminsi havugwa ibibazo byo kutizerana mu butegetsi bwa Sudani y’Epfo, nyuma y’aho amatora ya Perezida yari ateganyijwe mu Ukuboza uyu mwaka yimuriwe mu 2026.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!