Iki gitero cyagabwe ku wa Gatatu tariki 27 Nyakanga 2022 ubwo Abdullahi Ali Ahmed yagezaga ijambo ku baturage. Kugeza ubu Umutwe w’Iterabwoba wa Al-Shabaab ni wo wigambye iki gitero.
Polisi yo muri aka gace ka Marka yatangarije Ibiro Ntaramakuru AFP ko iki gitero cyahise gihitana Abdullahi Ali Ahmed ndetse n’abandi bantu umunani biganjemo abo mu nzego z’umutekano.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!