Mu itangazo icyo gisirikare kiri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC cyashyize hanze kuri uyu wa Gatanu, cyagaragaje ko byabereye mu mirwano yabereye i Sake mu bilometero bike uvuye i Goma, kuri uyu wa Kane tariki 30 Gicurasi.
Abasirikare 13 barakomeretse barimo umwe wakomeretse bikabije, bose bakaba bahise boherezwa mu bitaro bya Goma kwitabwaho n’abaganga, umwe akaba yapfuye.
M23 yo yatangaje ko yangije ibifaru bine by’ingabo za SADC, nyuma y’uko ku bufatanye n’ingabo za Congo bari bari kurasa mu baturage b’abasivile.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!