Ni uruganda rutunganya ibikomoka kuri peteroli, rukaba urwa mbere runini kandi rugezweho ku Mugabane wa Afurika, aho rwafunguye imiryango muri Mutarama 2024.
Bamwe mu banyapolitiki bo muri Nigeria bashinjwa kwihisha inyuma y’umugambi wo guhombya Dangote, bitwaje ko uruganda rwe ibyo rukora bitujuje ubuziranenge.
Kurikira icyegeranyo umenye intandaro y’uwo mwuka mubi
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!