00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

RDC irashinjwa gusubiza inyuma ibikorwa bya EAC (video)

Yanditswe na Umwali Zhuri
Kuya 4 December 2024 saa 11:42
Yasuwe :

Perezida Felix Tshisekedi aherutse kwanga kwitabira inama ya 25 y’Umuryango w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba, mu gihe igihugu cye gikomeje kwinangira iyo bigeze ku ngingo yo gutanga imisanzu.

Benshi bakomeje kwibaza impamvu Perezida Tshisekedi akomeje kugaragaza imyitwarire nk’iyi ndetse n’ingaruka igira ku mikorere ya EAC nk’umuryango uri kwizihiza imyaka 25 umaze wongeye kwiyunga.

Ibi nibyo twaganiriyeho mu kiganiro Tubijye Imuzi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .