Benshi bakomeje kwibaza impamvu Perezida Tshisekedi akomeje kugaragaza imyitwarire nk’iyi ndetse n’ingaruka igira ku mikorere ya EAC nk’umuryango uri kwizihiza imyaka 25 umaze wongeye kwiyunga.
Ibi nibyo twaganiriyeho mu kiganiro Tubijye Imuzi.
Perezida Felix Tshisekedi aherutse kwanga kwitabira inama ya 25 y’Umuryango w’Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba, mu gihe igihugu cye gikomeje kwinangira iyo bigeze ku ngingo yo gutanga imisanzu.
Benshi bakomeje kwibaza impamvu Perezida Tshisekedi akomeje kugaragaza imyitwarire nk’iyi ndetse n’ingaruka igira ku mikorere ya EAC nk’umuryango uri kwizihiza imyaka 25 umaze wongeye kwiyunga.
Ibi nibyo twaganiriyeho mu kiganiro Tubijye Imuzi.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!