00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Quintin wanzwe n’u Rwanda yagizwe Minisitiri mu Bubiligi: Bivuze iki ku mubano w’ibihugu byombi? (video)

Yanditswe na Umwali Zhuri
Kuya 4 December 2024 saa 03:03
Yasuwe :

U Bubiligi buherutse gushyiraho Bernard Quintin nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, nyuma y’uko u Rwanda rwanze kandidatire y’uyu mugabo yo guhagararira Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu karere k’Ibiyaga bigari.

Kimwe mu byo Quintin agomba kwitaho ni umubano w’u Rwanda n’u Bubiligi utameze neza muri ibi bihe, cyane cyane nyuma y’uko u Bubiligi bwanze kwakira ambasaderi woherejwe n’u Rwanda ndetse bugakomeza kugaragara mu bikorwa bishyigikira abarwanya u Rwanda, bakanahembera ingengabitekerezo ya jenoside.

Ni gute uyu mugabo azitwara mu rwego rwo kubyutsa umubano w’ibihugu byombi? Ibi nibyo twagarutseho mu kiganiro Tubijye Imuzi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .