Mu ijambo yavugiye kuri Televiziyo y’Igihugu, Perezida Saied yavuze ko urwego rw’ubutabera yagiye aruha amahirwe yo kwisubiraho ariko biranga biba iby’ubusa.
Mu birukanywe binyuze muri iki cyemezo harimo na Youssef Bouzaker wigeze kuba Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga muri Tunisia.
Iki cyemezo cya Perezida Saied kije gikurikira ibindi bikakaye yafashe mu 2021 byo kwirukana Minisitiri w’Intebe, uw’Ingabo n’uw’Ubutabera no guhagarika imirimo y’Inteko Ishinga Amategeko.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!