OMS yavuze ko Uganda yashyizeho ingamba zikomeye zatumye igihugu gihashya burundu icyorezo cya Ebola, ku buryo abantu banduye bakurikiranwaga uko bikwiriye.
Kwemeza ko itakirangwa muri Uganda bikozwe nyuma y’iminsi 42 yikurikiranya nta bwandu bugaragara mu gihugu.
Ebola yahitanye abantu 56 mu mwaka ushize.

Ebola ntikirangwa muri Uganda
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!