Minisiteri y’itangazamakuru niyo yatangaje ayo makuru, imwita intwari. Niwe Minisitiri wa mbere uhitanywe na Coronavirus muri iki gihugu. Hari hashize ibyumweru bibiri uyu mugabo asanzwemo Coronavirus.
Ikinyamakuru Nyasa Times cyatangaje ko hari abandi baminisitiri muri Guverinoma ya Malawi banduye Coronavirus.
Muri Malawi abantu 9027 bamaze kwandura Coronavirus mu gihe 235 imaze kubahitana.

Minisitiri Belekanyama (iburyo) yishwe na Coronavirus
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!