00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

M23 iri hafi ya Uvira: Perezida Tshisekedi wanze kuva ku izima akomeje gushaka intwaro (video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 6 March 2025 saa 03:51
Yasuwe :

Perezida Felix Tshisekedi akomeje kwinangira yanga kwemera ibiganiro n’umutwe wa M23 nubwo ukomeje kwigarurira ibice bitandukanye, aho magingo aya uri kuvugwa mu bice biri hafi ya Uvira.

Igikomeje kwibazwa ni iherezo ry’ibi byose, n’igihe Perezida Tshisekedi azicara ku meza y’ibiganiro, akaganira na M23.

Mu kiganiro Tubijye Imuzi, twagarutse ku makuru y’uru rugamba ruri kubera mu Burasirazuba bwa Congo ndetse n’aho ibintu bigana.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .