Igikomeje kwibazwa ni iherezo ry’ibi byose, n’igihe Perezida Tshisekedi azicara ku meza y’ibiganiro, akaganira na M23.
Mu kiganiro Tubijye Imuzi, twagarutse ku makuru y’uru rugamba ruri kubera mu Burasirazuba bwa Congo ndetse n’aho ibintu bigana.
Perezida Felix Tshisekedi akomeje kwinangira yanga kwemera ibiganiro n’umutwe wa M23 nubwo ukomeje kwigarurira ibice bitandukanye, aho magingo aya uri kuvugwa mu bice biri hafi ya Uvira.
Igikomeje kwibazwa ni iherezo ry’ibi byose, n’igihe Perezida Tshisekedi azicara ku meza y’ibiganiro, akaganira na M23.
Mu kiganiro Tubijye Imuzi, twagarutse ku makuru y’uru rugamba ruri kubera mu Burasirazuba bwa Congo ndetse n’aho ibintu bigana.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!