M23 yamaze kugota uduce twose dukikije Umujyi wa Goma ndetse ibihugu birimo u Bwongereza byatangiye gusaba abaturage babyo kuva muri uwo mujyi, ibituma ibintu birushaho gutera ubwoba abawutuye barenga miliyoni ebyiri.
Ku rundi ruhande, M23 yavuze ko izanye amahoro i Goma, isaba abaturage kutagira ubwoba. Uyu mwuka mubi watumye Perezida Tshisekedi ava mu rugendo yarimo i Davos igitaraganya, agaruka mu gihugu gukurikirana ibiri kuba.
Kurikira ikiganiro Tubijye Imuzi umenye uko byifashe i Goma
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!