Ibi Minisitiri Aden Duale yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Ukuboza mu 2022 ubwo yatangizaga amarushanwa ya Quran.
Yavuze ko abagore basengera muri Islam ariko bakaba batubahiriza amabwiriza y’iri dini atandukanye arimo no kwambara ‘Hijab’ bakwiriye kwisubiraho cyangwa bagashaka ikindi gihugu bajya kubamo.
Aden Duale ni umwe mu banyepolitike bo muri Kenya bakomeye kuri Islam cyane ko anafite inkomoko muri Somalia aho iri dini ryashinze imizi.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!