Minisitiri w’Ingabo, Gen Abdullahi Ali Anod, yatangaje ko igisirikare cya Somalia, cyigaruriye umujyi wa Runirgoud kuwa Gatanu.
Perezida wa Somalia, Hassan Sheikh Mohamud yijeje ko ibikorwa byo kubohora agace ka Shabelle, bigiye kurangira kuko hari hasigaye umujyi wa Runirgoud.
Abarwanyi bafatanya na leta mu kubohora uduce twari twigaruriwe na Al-Shabaab bitwa Mo’awisley, biganjemo abakora ubworozi. Kugeza ubu agace ka Hiran kagenzurwa na Al-Qaeda niko ingabo za leta zizakurikizaho mu kubohora.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!