Byari biteganyijwe ko iyi ndege igera muri Guinée ku Cyumweru, ibikorwa byo gukingira bigahita bitangira kuri uyu wa Mbere, gusa ngo ikirere cyaje guhinduka kiba kibi bituma iyi ndege igwa i Dakar muri Sénégal aho kugwa i Conakry.
Iyi ndege yari yikoreye dose ibihumbi 11 z’inkingo za Ebola. Minisitiri w’Ubuzima muri Guinée yavuze ko kuri uyu wa Mbere aribwo ihaguruka i Dakar igana i Conakry, ibikorwa byo gukingira iki cyorezo bikazatangira ku wa Kabiri.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!