Itangazo ryashyizwe hanze na Guverinoma rivuga ko iperereza rya gisirikare ariryo ryatahuye uwo mugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Barrow.
Guverinoma kandi yatangaje ko hari abandi bantu batatu bakekwa bagishakishwa, nubwo bijeje ko umutekano umeze neza ku nkiko zose z’igihugu.
Gambia iyobowe na Adama Barrow guhera mu 2017 ubwo yatsindaga mu matora Yahya Jammeh, wari umaze imyaka 22 ku butegetsi.

Hafashwe bamwe mu basirikare bashakaga guhirika ubutegetsi bwa Adama Barrow
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!