00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ibitaravuzwe kuri Coup d’État yapfubye i Kinshasa; harakekwa ikinamico (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 20 May 2024 saa 10:52
Yasuwe :

Hashize amasaha make ibintu bihinduye isura mu Mujyi wa Kinshasa, aho abarwanyi barimo abasivile biyambitse gisirikare, bateye Ibiro bikoreramo Perezida Felix Tshisekedi, bakavuga ko uyu mugabo akuwe ku butegetsi ndetse ko igihugu gihinduriwe izina, kikaba gitangiye kwitwa Zaire, izina ryahindutse mu 1997.

Umugambi wabo ntiwamaze amasaha kuko baje gufatwa n’abashinzwe umutekano muri Congo, bamwe baricwa.

Nubwo bimeze gutyo, haracyari urujijo ku buryo abo bantu babashije kwinjira mu biro bya Perezida nta muntu ubatangiriye, bakamaramo amasaha abiri.

Mu kiganiro Tubijye Imuzi cy’uyu munsi, twagarutse kuri iyi ngingo ndetse na byinshi biyihishe inyuma, birimo kuba iyi coup d’État ishobora ari umugambi wa Perezida Tshisekedi nyirizina.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .