Umugambi wabo ntiwamaze amasaha kuko baje gufatwa n’abashinzwe umutekano muri Congo, bamwe baricwa.
Nubwo bimeze gutyo, haracyari urujijo ku buryo abo bantu babashije kwinjira mu biro bya Perezida nta muntu ubatangiriye, bakamaramo amasaha abiri.
Mu kiganiro Tubijye Imuzi cy’uyu munsi, twagarutse kuri iyi ngingo ndetse na byinshi biyihishe inyuma, birimo kuba iyi coup d’État ishobora ari umugambi wa Perezida Tshisekedi nyirizina.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!