00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Burkina Faso, Mali na Niger birashaka kwitandukanya na CEDEAO; bivuze iki ku hazaza ha Afurika (video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 26 December 2024 saa 10:24
Yasuwe :

Mu gihe CEDEAO yananirwa kumvikana n’ibihugu birimo Burkina Faso, Mali na Niger, bizava muri uwo muryango bitarenze Nyakanga 2025. Bamwe babibona nk’ikibazo gikomeye ku muryango wafatwaga nk’ishingiro ryo kwihuza kw’ibihugu bya Afurika.

Ukutumvikana hagati y’ibihugu byombi gufite imizi mu mateka maremare ari gukolonizwa n’u Bufaransa, gusa ubwo CEDEAO yateguraga ingabo zo gutera Niger kugira ngo hasubizweho ubuyobozi bwa Mohamed Bazoum, ibintu byarushijeho kugana habi.

Ese birashoboka ko uyu mubano wakongera ukaba muzima? Birashoboka se ko ibindi bihugu bishobora kwikura muri CEDEAO? Ubundi se ibi byose bisobanuye iki ku kwihuza kwa Afurika?

Kurikira ikiganiro Tubijye Imuzi usobanukirwe byinshi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .