Amakuru y’ibanze avuga ko Amb Dr Hassan Galiwango yari amaze iminsi arwaye aho yaje kujyanwa muri Kenya kuvurizwa mu Bitaro Bikuru bya Nairobi ari naho yaguye.
Uyu mugabo yahawe inshingano na Museveni mu Ukwakira 2020 asimbuye Phoebe Otaala.
Mbere yo kugirwa Ambasaderi wa Uganda muri Kenya, Dr Galiwango yari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imari n’Ubutegetsi mu Bunyamabanga bw’Ishyaka rya NRM riri ku butegetsi muri Uganda.

Ambasaderi Dr Hassan Wesswa Galiwango yitabye Imana azize uburwayi
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!