Polisi ivuga ko hari urujijo ku rupfu rw’uyu mugabo kuko yasanzwe mu kamyo yicaye mu mwanya w’abagenzi yarashwe. Impamvu bavuga ko harimo urujijo ni uko hatamenyekanye uwahamagaye inzego z’ubutabazi.
Gusa haracyekwa ko bishoboka kuba aho imbwa yari yicaye ariho hari imbunda ikaba yarayikozeho iyikinisha bigatuma irasa uyu mugabo, bigaragara ko yarashwe aturutswe inyuma.
Polisi yatangaje ko ikomeje iri perereza kuri iyi mbwa na nyiri kamyo. Birakekwa ko uyu mugabo n’imbwa ye bari bagiye guhiga.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!