Iri tegeko rivuga ko kuba abarimu bagiye kwemererwa imbunda bizagabanya umubare w’ubwicanyi bubera mu mashuri, bumaze kuba nk’ibintu bimenyerewe muri Amerika.
Abatemera iri tegeko bavuga ko nirishyirwaho, rizatuma amashuri aba ahantu hateye ubwoba ku banyeshuri.
Ni umushinga w’itegeko watowe nyuma y’iminsi icumi umusore ukuri muto yishe abanyeshuri 19 n’abarimu babiri mu ishuri ry’incuke riherereye mu gace ka Uvalde muri Texas.

Abarimu bo muri Leta ya Ohio bemerewe gutwara imbunda mu ishuri
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!