Benshi baribaza ku mutwe uzayobora igihugu, uburyo Israel na Amerika bizitwara, hakibazwa ahazaza h’ibikorwa bya Iran n’u Burusiya muri Syria n’ibindi byinshi.
Ibi nibyo twagarutseho mu kiganiro Tubijye Imuzi. Kurikira umenye uko byifashe.
Nyuma y’uko Bashir al-Assad wahoze ari Perezida wa Syria ahungiye mu Burusiya ku itegeko rya Perezida Vladimir Putin, haribazwa ahazaza ha Syria imaze imyaka irenga 13 mu ntambara.
Benshi baribaza ku mutwe uzayobora igihugu, uburyo Israel na Amerika bizitwara, hakibazwa ahazaza h’ibikorwa bya Iran n’u Burusiya muri Syria n’ibindi byinshi.
Ibi nibyo twagarutseho mu kiganiro Tubijye Imuzi. Kurikira umenye uko byifashe.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!