Ku wa 24 Mutarama 2023 nibwo kuri Thika Road Mall, abapolisi babiri babonye umuvundo w’imidoka wabaye mwinshi, bajya kureba icyabiteye, ni ko gusanga Tabby Ndung’u n’undi mugabo bahagaritse imodoka mu muhanda hagati, bari gusomana nta kindi bitayeho.
Abapolisi babasabye guhagarika ibyo barimo bagatwara imodoka abandi bakabona inzira, Tabby ahita atangira gusakuza abatuka.
Aba bapolisi bahise batanga ikirego kuri sitasiyo ya polisi ya Kasarani, afatirwa ibi bihano.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!