Perezida Putin yavuze ko ibitero bya Ukraine byapfubye, ashimira ingabo z’igihugu cye ku gikorwa gikomeye cyo gutsinda abo bahanganye.
Ntabwo Ukraine iragira icyo itangaza kuva aka gace kasubira mu maboko y’u Burusiya. Gusa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Ingabo za Ukraine zari zatangaje ko zikomeje gukorera muri Kursk.
Ukraine yari yagabye ibitero ku Ngabo z’u Burusiya ziri muri aka gace muri Kamena, zigafata mu buryo bworoshye. Ni cyo gikorwa cya mbere cya gisirikare cyari cyinjiye ku butaka bw’u Burusiya kuva intambara ya kabiri y’Isi yarangira.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!