Uyu muyobozi yavuze ko Amerika itakaza amafaranga menshi muri iyi ntambara, nyamara ibyago byo kugira ngo igere muri icyo gihugu biri hasi cyane.
Ati "Miliyoni z’Abanya-Ukraine n’Abarusiya barapfuye bidakwiriye, abandi barakomereka muri iyi ntambara idafite iherezo."
Uyu mugabo yongeyeho ko ari gukora ibishoboka byose kugira ngo iyi ntambara irangire vuba, ashinja ibihugu by’i Burayi kugira uruhare ruto mu gukemura iyi ntambara.
Trump yashimangiye ko ari gukora ibishoboka byose kugira ngo iyi ntambara ishyirweho iherezo, asaba impande zose bireba kugira uruhare mu biganiro bigamije kuyirangiza.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!