00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Trump yatangaje ko Canada izagumana indirimbo yayo niba leta ya Amerika

Yanditswe na IGIHE
Kuya 22 February 2025 saa 05:06
Yasuwe :

Perezida Trump yatangaje ko mu gihe Canada izaba ihindutse imwe muri Leta za Amerika, ishobora kugumana indirimbo yayo ikoresha muri iki gihe ari igihugu cyigenga.

Hashize igihe Trump avuga ko ashaka ko Canada iba leta ya 51 ya Amerika. Ni ibintu Abanya-Canada bamwe badakozwa na mba.

Umugambi wa Trump wo ntuhinduka, ndetse yavuze ko hazabaho amasezerano. Ati “Tuzagira amasezerano twemeranya… ariko nkunda ‘O Canada’. O Canada ni indirimbo yubahiriza igihugu ya Canada.

Yakomeje agira ati “Ni ikintu cyiza. Ntekereza ko tuzayireka ikaba indirimbo ya leta ya 51.”


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .