Ni nyuma y’uko uyu mugabo yari amaze avuga ko Amerika ikwiriye kwihuza na Canada, byombi bikaba igihugu kimwe Canada ari leta ya 51 y’icyo gihugu.
Ni icyifuzo cyamaganwe n’abayobozi ba Canada barimo na Minisitiri w’Intebe, Justin Trudeau, ariko gishyigikirwa n’abandi bantu barimo abashoramari bo muri Canada, bavuga ko iki cyifuzo cyagira ingaruka nziza ku bukungu bw’abatuye Canada.
Trump yavuze ko azongera umusoro wa 25% ku bicuruzwa bituruka muri Canada na Mexique, ibishobora gutuma ibicuruzwa bituruka muri Canada bitoroherwa no guhangana ku isoko ryo muri Amerika.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!