00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Trump n’u Burayi barashaka amabuye y’agaciro ya Ukraine ku nabi (video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 27 February 2025 saa 07:13
Yasuwe :

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri hafi gusinya amasezerano na Ukraine, azatuma icyo gihugu kibona uko gikoresha umutungo kamere wa Ukraine mu rwego rwo kwishyura ikiguzi cyashoye mu kuyifasha guhangana n’u Burusiya, mu ntambara imaze imyaka itatu.

Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko icyo gihugu cyashoye miliyari 350$ mu gufasha Ukraine, kandi ayo mafaranga akaba agomba kugaruka, bumwe mu buryo bwo kugera kuri iyi ntego bukaba ari ugukoresha umutungo kamere w’icyo gihugu, ubarirwa agaciro karenga miliyari ibihumbi 15$.

Ariko se iby’iki cyemezo bihatse iki? Ubundi se cyakomotse he? Hanyuma se kizagira izihe ngaruka kuri Afurika n’u Bushinwa? Kurikira ikiganiro Tubijye Imuzi usobanukirwe.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .