Inyeshyamba mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru nyuma yo gufata ubutegetsi, zahase ibibazo abayobozi bakuru mu gisirikare cya Syria n’abandi bashinzwe ubutasi, bashobora kuba bazi amakuru y’aho Assad aherereye.
Nyuma yo gufata umurwa mukuru Damascus, inyeshyamba zatangaje ko Assad yahunze uwo mujyi, gusa ntizatangaza niba yagiye hanze y’igihugu cyangwa yahungiye mu bindi bice by’igihugu.
Kuva inyeshyamba zafata Damascus, nta wongeye guca iryera cyangwa kumva aho Perezida Assad aherereye.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!