Politico yanditse ko abayobozi bo ku rwego rwo hejuru bazabanza kujya mu bwami bwa Arabia Saoudite gutegura uruzinduko rw’abakuru b’ibihugu byombi.
Perezida Trump na Putin baheruka kugirana ibiganiro kuri telefone bemeranya ko bazanahura imbonankubone bagashakira hamwe umuti w’intambara imaze imyaka hafi itatu muri Ukraine.
U Burusiya buherutse kwemeza ko inama y’abakuru b’ibihugu byombi iteganyijwe kuba ariko bataramenya aho izabera, Arabia Saoudite ihita yandika ko “yishimiye kwakira iyo nama ku butaka bwayo.”

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!