Minisitiri w’Itumanaho Marriyum Aurangzeb yavuze ko bari gufata ingamba zose zigamije guteza imbere ikoreshwa ry’amashanyarazi atangiza ibidukikije.
Mu bice bitandukanye by’umujyi hagiye kubakwa inganda z’amashanyarazi atangiza ibidukikije, aho byitezwe ko uwo muriro uzajya uba uhendutse kurusha usanzwe.
Hazatangwa inyunganizi ya Leta mu gufasha abakiliya guhindura uburyo bw’amashanyarazi bakoreshaga, bajya mu mashanyarazi atangiza ibidukikije.

Pakistan yiyemeje guteza imbere ikoreshwa ry'amashanyarazi atangiza ibidukikije
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!