Ibi byatangajwe nyuma y’uko Biden agaragaje ibimenyetso birimo kugira akabyimba kuri prostate, ibyatumye atangira gukorerwa isuzuma, ryagaragaje ko arwaye Cancer ya Prostate yamurenze.
Itangazo ryasohowe n’ibiro bye ryavuze ko kuva mu Cyumweru gishize yatangiye kuyisuzumwa, bikaza kugaragara ko yageze mu magufwa.
Ryakomeje riti "Nubwo ibi bigaragaza ko indwara iri ku rugero rukomeye, byagaragaye ko iteza ibibazo mu misemburo, ibisaba kuvurwa yitondewe. Perezida n’umuganga we bari kureba uburyo bwo kuvurwa kwe bafatanyije n’umuganga we."

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!