Netanyahu na Minisitiri w’Ubuzima, Yuli Edelstein bakingiriwe muri Sheba Medical Center mu mujyi wa Tel Aviv.
Netanyahu niwe muntu wa mbere muri Israel wakingiwe Coronavirus, mbere y’amasaha make ngo abandi baturage batangire gukingirwa.
Yavuze ko kuba yakingiwe mbere ari ukugira ngo abere urugero abandi bitabire iyo gahunda.
Kuri iki cyumweru nibwo muri Israel haratangizwa gahunda yo gukingira Coronavirus. Harabanzwa abantu bageze mu zabukuru n’abandi afite ibyago byinshi byo kwandura.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!