Iby’ubu bwoba bw’ibitero bije nyuma y’uko Iran igaragaje impungenge z’uko ishobora kugabwaho ibitero na Amerika, iyishinja gushaka gukora intwaro kirimbuzi, imigambi Iran ihakana yivuye inyuma.
Iki gihugu cyamaze gutegura igisirikare cyacyo ku buryo gishobora guhangana n’ibitero biturutse muri Amerika, cyane ko Iran yanze ubusabe bw’ibiganiro na Amerika kandi Perezida wayo, Donald Trump, akaba yaravuze ko niba Iran idashaka ibiganiro, ubwo icyo ishaka ari intambara.
Ibihugu Iran yahaye umuburo birimo Iraq, Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, Bahrain, Turikiya, Qatar na Kuwait.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!