Ubu bwicanyi bwabaye mu masaha y’ijoro ryo ku wa Gatatu aho umugabo yarasiye abantu bane mu bitaro mbere y’uko nawe yirasa.
Uwo mwicanyi ni umugabo w’umwirabura bivugwa ko afite imyaka iri hagati ya 35 na 40. Iyo nsanganya ikimara kuba, Polisi yahise ihagera, isanga mu igorofa rya kabiri ry’ibitaro bya Saint-Francis hari imirambo.
Uwarashe abo bantu yari yakoresheje imbunda nto ya pistolet.
Ubu bwicanyi bubaye bukurikiye ubuherutse kubera i Texas mu gace ka Uvalde aho umusore ukuri muto yishe abantu 21 barimo abana 19 ubwo yabasangaga mu ishuri ry’incuke.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!