Aka gace gaherereye i Kursk, iki ni kimwe mu gice cy’u Burusiya kigenzurwa na Ukraine, kakaba kari kuberamo intambara ikomeye nyuma y’uko ingabo z’u Burusiya ziri kugerageza kukisubiza.
Amakuru avuga ko mu bitabye Imana ari harimo n’umwana muto, byose bikarushaho kwerekana uburemere bw’iki gitero cyagabwe hakoreshejwe ibisasu Ukraine yahawe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Perezida Putin aherutse kubazwa ku bushobozi bw’ingabo z’u Burusiya nyamara zarananiwe kwigarurira agace ka Kursk, avuga ko iki kibazo kiri gushakirwa umuti mu gihe cya vuba.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!