Iki kinyamakuru cyo muri Qatar, mu ntangiriro za Gicurasi uyu mwaka nibwo cyahagaritswe kugaragara muri Israel, nyuma yo gushinjwa kubogama mu nkuru zacyo zivuga ku ntambara ihanganishije ingabo za Israel na Hamas.
Muri Mata 2024 Inteko Ishinga Amategeko ya Israel yatoye itegeko ryemerera Leta gufunga cyangwa guhagarika ikinyamakuru mpuzamahanga gikorera muri icyo gihugu, mu gihe cyaba kibangaiye umutekano.

Al Jazeera yahagaritswe indi minsi 35 muri Israel
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!