Minisiteri y’Imari ifite mu nshingano imiryango itegamiye kuri leta, yavuze ko ifite impungenge ku kuba abagore batambara ’hijab’ uko bikwiriye cyangwa se ngo bakurikize andi mahame ajyanye n’imyitwarire y’abagore mu kazi mu gihe bakora mu miryango mpuzamahanga.
Uyu mwanzuro ufashwe nyuma y’iminsi ine Guverinoma y’Abatalibani ibujije abagore bo mu gihugu gukurikira amasomo muri kaminuza za leta n’izigenga. Nta gihe kitazwi uyu mwanzuro uzamara.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!