Bivugwa ko abasirikare 500 b’u Burusiya barwaye nyuma yo kurya ibintu bihumanye. Ni uburozi bahawe n’abaturage bo muri Ukraine bakomeje kwirwanaho badashaka ko igihugu cyabo gikomeza guterwa.
Ubwo burozi bwahawe abasirikare b’u Burusiya bo muri Batayo ya gatatu irwanisha intwaro ziremereye. Ntabwo impfu z’abo basirikare u Burusiya buzifata nk’izishingiye ku ntambara.

Abasirikare 500 b’u Burusiya barozwe n’abaturage ba Ukraine; babiri muri bo bamaze gupfa
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!