Ayo makuru yemejwe na Polisi y’icyo gihugu nkuko Reuters yabitangaje.
Bivugwa ko abo bapolisi barashwe kuri uyu wa Gatatu ubwo bari bahamagawe ko hari umugabo uri guhohotera umugore we.
Ubwo bari bageze aho byaberaga, bihutiye gutabara umugore maze umugabo w’imyaka 48 akuramo imbunda arabarasa
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!