Daily Mail yatangaje ko mbere y’uko uyu mukino utangira, habanje kubaho umuvundo watejwe n’abafana bamwe bashakaga kwinjira batishyuye muri The Stade de France ahabereye uyu mukino.
Abafana bashakaga kwinjira kandi hari harimo n’abandi bafite amatike y’amahimbano.
Ibi byatumye umukino utindaho iminota irenga 30 ku gihe cyari giteganyijwe ko utangiriraho. Mu gucubya umuvundo w’abafana Polisi yifashishije ibyuka biryana mu maso.





TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!