Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwagaragaje ko ibyo birori byo guturitsa ibishashi bizaba mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza 2024 rishyira ku wa 1 Mutarama 2025.
Bwakomeje bugira buti “Ibi birori bizanaturikirizwamo urufaya rw’urumuri (Fireworks/feux d’artifice) rwo kwishimira umwaka mushya wa 2025, i saa sita z’ijoro (24h00) ku wa 01 Mutarama 2025,”
Bwakomeje buvuga ko bizabera mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali birimo Canal Olympia ku i Rebero, Imbuga City Walk mu Mujyi hagati, Kigali Convention Centre na Kigali Serena Hotel.
Abaturage basabwe kwimishira umwaka mushya, ariko byose bigakorwa mu mahoro.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!