Aba basirikare bafashwe mu bihe bitandukanye nyuma yo guhunga urugamba bari bahanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Ibyaha ubushinjacyaha bw’igisirikare cya RDC cyari kibakurikiranyeho birimo guhunga umwanzi, kwica, kugerageza kwica no gufata ku ngufu.
Hari abasirikare 72 bagizwe abere nyuma y’aho bigaragaye ko nta kimenyetso kibahamya icyaha na kimwe mu byo bari bakurikiranyweho.
Hari abandi basirikare 90 bari kuburanishwa mu rukiko rwa gisirikare rwa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo. Na bo bakurikiranyweho ibyaha birimo guhunga umwanzi.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!