Ubu imihanda hafi ya yose yo mu Mujyi wa Kigali imaze igihe yubakwa iri kugana ku musozo kuko igeze mu cyiciro cyo gukora amasuku aho hamwe hamaze guterwa indabo mu gihe mu minsi ibiri nta zari ziriho.
Umuhanda wa Kimicanga uhinguka Kacyiru kuri Ambasade ya Amerika wamaze gushyirwamo kaburimbo, indabo n’amatara mu gihe ikiraro cyo ku Kicukiro gica mu kirere cyo cyamaze gutunganywa ku buryo mu masaha y’igicamunsi cyari kiri gushyirwaho kaburimbo.
















Amafoto: Shumbusho Djasiri
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!