Babiri bitabye Imana ni abagore babiri b’imyaka 79 na 68 n’umugabo w’imyaka 61 b’i Kigali. Batumye umubare w’abamaze guhitanwa na Covid-19 mu Rwanda uba 314.
Guhera muri Werurwe 2020 abamaze kwandura bose ni 22 862. Minisante yatangaje ko mu masaha 24 ashize hakize abarwayi 11, bituma abamaze gukira bose baba 20 705. Abakirwaye ni 1843 barimo bane barembye.
Abakingiwe guhera muri Werurwe 2021 ni 348926.
Uturere twabonetsemo abarwayi bashya benshi ni Huye 45, Nyamagabe 36, Gisagara 30, Ruhango 17, Kigali 11, Nyaruguru 10, Karongi 5, Rwamagana 5.
06.04.2021 Amakuru Mashya | Update
Twihanganishije imiryango y’abagore babiri b’imyaka 79 na 68 n’umugabo w’imyaka 61 bitabye Imana I Kigali / Condolences to families of 79 and 68 yo women & 61 yo man who passed away in Kigali pic.twitter.com/hK1NEqkB6y— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) April 6, 2021
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!