Urukiko rw’Ikirenga kuri uyu wa Gatatu ruratangira kuburanisha mu mizi urubanza ishyaka Green Party ryarezemo Leta rusaba ko Itegeko Nshinga ritavugururwa.
Uru rubanza rwatangiye mu kwezi kwa Nyakanga umwaka wa 2015.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > Special_2017
Special_2017
Articles
-
Urukiko rw’ikirenga ruratangira kuburanisha mu mizi Leta na Green Party
22 September 2015, by Philbert Girinema -
Komisiyo y’Amatora yasobanuye byimbitse aho imyiteguro y’amatora ya referendumu igeze
10 December 2015, by Philbert GirinemaKomisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangaje ko amatora ya Referendumu azagenda neza kuko, imyiteguro yose irimbanyije ku kigero cyo hejuru.
-
Ishyaka PL rigiye gutangaza aho rihagaze ku ihindurwa ry’Itegeko-Nshinga
30 March 2015, by John Williams NTWALINyuma y’iminsi Abanyarwanda b’ingeri zinyuranye batangiye kugaragaza aho bahagaze ku ihindurwa ry’Itegeko Nshinga cyane cyane ku bijyanye na Manda za Perezida wa Repubulika, Ishyaka PL naryo ryiyemeje kugaragaza aho rihagaze kuri iyi ngingo.
-
Inteko iratangira kuganira n’abaturage ku ivugururwa ry’Itegeko Nshinga
20 July 2015, by Philbert GirinemaGuhera kuri uyu wa Mbere tariki 20 Nyakanga, Abagize Inteko Ishinga amategeko baratangira ibiganiro n’Abanyarwanda b’ingeri zose, bizafasha Inteko kurushaho kubona ibitekerezo by’abaturage mu nzira yatangije mu cyumweru gishize hagamijwe kuvugurura Itegeko Nshinga.
-
Intero ‘Imana isumba byose’ mu Itegeko Nshinga yateje impaka zikomeye mu Badepite
29 October 2015, by Richard Dan IraguhaAbadepite mu Nteko Ishinga Amategeko bagiye impaka zikomeye ku nteruro igaragara mu mushinga w’Itegeko Nshinga mu gika cy’irangashingiro ivuga ko ‘Imana isumba byose’ aho bamwe basabaga ko iguma muri uyu mushinga, abandi bagashimangira ko ivamo.
-
Pasiteri Rutayisire yababajwe bikomeye n’abadepite bakuye Imana mu Itegeko Nshinga
4 November 2015, by Richard Dan IraguhaPasiteri Antoine Rutayisire yavuze ko bibabaje ndetse biteye agahinda kubona Abadepite nk’intumwa za rubanda bakura Imana ishobora byose mu mushinga w’Itegeko Nshinga, kandi kera na kare, abanyarwanda barahoze bemera Imana.
-
Ibitekerezo by’abaturage ku ngingo ya 101 mu mushinga w’Itegeko Nshinga
30 October 2015, by Philbert GirinemaKuri uyu wa Kane tariki ya 28 Ukwakira 2015, nibwo Inteko Ishinga Amategeko y’ u Rwanda, umutwe w’Abadepite, yatoye umushinga wo kuvugurura Itegeko Nshinga rifite ingingo igabanya imyaka ya manda y’Umukuru w’Igihugu ikava kuri irindwi ikaba itanu.
-
Inteko irasobanurira Abanyarwanda ibikubiye mu itegeko bazemeza muri referendumu
11 December 2015, by Philbert GirinemaAbagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kuri uyu wa Gatanu tariki 11 Ukuboza baratangira ibiganiro bateguye mu mirenge yose y’igihugu 416, hagamijwe gusobanurira Abanyarwanda iby’ingenzi byahindutse mu Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo kuwa 4 Kamena 2003 ryavuguruwe mu 2015.
-
Inteko izasubiza babiri batifuza Kagame nyuma ya 2017 n’abasaga miliyoni 3 bamwifuza
13 July 2015, by Philbert HagengimanaKu wa Kabiri tariki ya 14 Nyakanga 2015, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda izafata umwanzuro ku busabe bw’Abanyarwanda basaga miliyoni eshatu bayisabye ko yavugura Itegeko Nshinga, Perezida Kagame akabayobora nyuma ya 2017, n’inzego ebyiri zifuza ko hayobora abandi.
-
Perezida Kagame yemereye Abanyamuryango ba FPR ko referandumu yaba tariki ya 18 Ukuboza
6 December 2015, by Philbert GirinemaMu nama ya biro politiki y’Umuryango FPR Inkotanyi yabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Ukuboza 2015, i Rusororo mu Karere ka Gasabo, Abanyamuryango bayo basabye Umukuru w’Igihugu ko yakwemeza itariki ya 18 Ukuboza 2015 nk’itariki izaberaho referandumu.
IGIHE