Ni ikinyoma cyakwirakwijwe ku munsi usanzwe uzwi nk’uwo kubeshya, bituma igihiriri cy’abasaza n’abakecuru bisanga aho bari babwiwe guhurira bagakingirwa.
7sur7 yatangaje ko abayobozi babuze uko bagira, bikaba ngombwa ko bakingirwa ikubagahu ku buryo badasubira mu rugo amara masa.
Nubwo abakwirakwije icyo gihuha bataramenyekana dore ko cyaturutse kuri WhatsApp, hahise hatangwa ikirego cyihuse kugira ngo ababigizemo uruhare babiryozwe.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!