Mu gihe ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza hari Abanyarwanda bahitamo kwishimishana n’imiryango yabo cyangwa abakunzi babo bajya kubyina bishimira impera z’umwaka n’intangiriro z’undi, hari n’abahitamo kujyana imiryango yabo mu nsengero kugira ngo bashime Imana.
By’umwihariko no mu gitaramo cya Orchestre Impala cyaberaga mu kigo cyitiriwe mutagatifu Paul, ubwo sa sita z’ijoro zageraga hatangiye umwaka mushya Abapadiri babiri bo kuri Kiliziya yitiriwe umuryango mutagatifu bari muri iki gitaramo basengeye u Rwanda n’Abanyarwanda.
Ku ya 31 Ukuboza 2012, twageze mu nsengero zitandukanye tubakusanyiriza amafoto agaragaza uko byari bimeze muri zimwe mu nsengero zo mu mujyi wa Kigali.
Photo/V. Kamanzi
| IZINDI NKURU WASOMA |
|
EFOTEC yatanze inkunga ya miliyoni 3 ku bapfakazi ba Jenoside
19.05.2013 |
|
Rubilizi : Abaturage basuye urwibutso ahari urusengero rwiciwemo abatutsi 15,000
19.05.2013 |
|
Yagerageje guha umupolisi ruswa afatanywe urumogi
19.05.2013 |
|
Muhanga : Isoreshwa ry’inkunga ryatumye abanyeshuri bagurishwa inkweto
19.05.2013 |
|
London : Perezida Kagame yahaye impanuro abitabiriye Rwanda Day
19.05.2013 |
| KANDA AHA UREBE N'IZINDI NKURU NYINSHI ... |