Mu itangazo RwandAir yashyize hanze kuri uyu wa 31 Mutarama yavuze ko iki cyemezo yagifashe nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zitangaje ko zitazongera kwakira abagenzi bava muri Nigeria bajya muri Dubai ariko babanje kunyura mu bindi byerekezo.
Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zatangaje ko zizakira gusa abagenzi bava muri Nigeria bajya Dubai ariko nta handi babanje kunyura, iki cyemezo kiratangira kubahirizwa ku wa 1 Gashyantare.
Travel update for passengers travelling from Nigeria to Dubai. pic.twitter.com/bMuMVpEEyB
— RwandAir (@FlyRwandAir) January 31, 2021

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!