Iyi komisiyo yatangaje ko aya majwi amaze kubarurwa angana na 51% y’agomba kubarurwa yose.
Museveni amaze gutorwa n’abaturage bangana 5.300.831 mu gihe Bobi Wine ibarura rigaragaza ko amaze gutorwa n’abaturage 3.119.965.
N’ubwo ibarura ry’ibyavuye mu matora rigikomeje Bobi Wine yamaganiye kure ibir igutangazwa mu buryo bw’agateganyo avuga ko ari we watsinze amatora.

Museveni akomeje kuza imbere mu majwi amaze kubarurwa
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!