Ubushinjacyaha bwasabiraga uyu mugabo gukomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ashinjwa gushaka abantu bajya mu mutwe witwaje intwaro ugamije guhungabanya amahoro n’umudendezo mu gihugu.
Ibi bikorwa by’iterabwoba akurikiranyweho bikubiye mu byaha 12 ubushinjacyaha bumurega nubwo yageze imbere y’urukiko byose akabihakana.
Ashinjwa ibikorwa by’ubugizi bwa nabi, ubujura, guteza imvururu no kwangiza imitungo bifitanye isano no kuba mu 2019 yarinjiye mu nyubako iherereye ahitwa Buru Buru mu 2019. Ashinjwa kandi guhohotera uwitwa Alex Kioko akamwangiza ku mubiri.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!